Imibare ivuga ko ibitero bikoresha ikoranabuhanga bigabwa ku bigo by’ubucuruzi muri Afurika, ibyinshi bigabwa muri Afurika y’i Burasirazuba. Biterwa n’uko aka karere k’Afurika ari ko kateye imbere mu ...
Mu Rwanda hateraniye Inama igomba gusuzuma no kwemeza ibikubiye mu biganiro byabereye Arusha muri Tanzania mu mwaka wa 2019 byari bigamije kureba uko umubare w’abagore bakora umwuga w’ubugenzacyaha wa...
Perezida Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idashaka ko hari ingabo z’u Rwanda zizajya mu mutwe w’ingabo za EAC uzategurirwa kujya gucyemura umutekano mucye uri muri DRC, nta kiba...
Abakuru b’ibihugu by’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba baraye bemeranyije ku ishyirwaho ry’ingabo z’aka Karere ndetse bavuga ko imvugo y’urwango ku Banyarwanda icika. Muri Repubulika ya Demukarasi ...
Taarifa yamenye ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi Kilombo ari bugere mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Ni amakuru yatangajwe n’Ibi...
Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza yitwa McGill University yo muri Canada n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima buvuga ko u Rwanda rukurikira Ethiopia mu bihugu biha abagore amahoro, nti...
Nyuma yo gusinya inyandiko yemerera Repubulika ya Demukarasi ya Congo umunyamuryango wa EAC mu buryo budasubirwaho, Abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango bahise berekwa ikarita nshya y’uyu Muryango. U...
Uhuru Kenyatta uyobora Kenya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 8,Mata, 2022 yakiriye Perezida Kagame waje kwitabira iyinjizwa muri EAC rya DRC. Hari n’abandi Bakuru b’Ibihugu barimo uwa Uganda,...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye ageze i Nairobi. Byitezwe ko kuri uyu wa Gatanu taliki 08, Mata, 2022 ari businye ku nyandiko yemerera igihugu cye kuba umunyamur...
I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu kubungabunga umuteka...









