Taliki 09, Gashyantare, 2023 i Nairobi ‘hongeye kubera’ inama yahuje Abagaba bakuru b’ingabo zigize umutwe w’Afurika y’i Burasirazuba woherejwe muri DRC ngo bigire hamwe uko zakomeza kohoherezwa. Mu m...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...
Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bwashyizeho kandi bwohereza muri Somalia itsinda ry’abahanga ngo basuzume niba yujuje ibisabwa byose ngo yemererwe kujya muri uyu muryango....
Umukuru w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasengeye igihugu cye n’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo Imana ifashe mu muhati wo kuhagarura amahoro, kandi igushirize imvura abaturage be beze. Niwe...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yahuye na bagenzi be bayobora ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba barimo na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye. Bigaga uko imyanzuro yo kugarura ...
Mu Mujyi wa Kigali mu Kigo cyitwa Norrsken habereye igikorwa cyo guhemba abakoze imishinga igamije gutanga ibisubizo mu rwego rw’ubuzima. Ni imishinga yakozwe mu rwego rw’ikoranabuhanga, ikaba yarakoz...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye bagenzi be bitabiriye Inama yakozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga ko kugira ngo ikibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa DRC gikemuke ari ngombwa ko ikibazo muzi kiwutera...
Yitwa Florida Kabasinga. Aherutse gutorerwa kuba Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro ry’Abanyamategeko bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ryitwa East Africa Law Society (EALS). Iri huriro rigizwe n’...
Mu ijambo yagejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Perezida Kagame yavuze ko kuba uyu muryango udafite imari yawo wigengaho kandi ihagije, bikoma mu nkokora ...
Umunyarwanda uyobora Inteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Hon Martin Ngoga yabwiye itangazamakuru ko ibibazo by’uko ibihugu bimwe bitatangaga ayo byiyemeje mu ngengo ...









