Umuvugizi w’ingabo za DRC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa le Lieutenant-Colonel Njike Kaiko yemeje ko hari abasirikare ba Afurika y’Epfo bageze muri kiriya gihugu. Bahagaze ku wa Gatatu taliki ...
Ubuyobozi bwa EAC bwatangaje ko nta ndororerezi y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba yemerewe kujya kugenzura amatora y’Umukuru w’igihugu azabamuri DRC kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Ukuboza, 2023. Im...
Abatuye Afurika y’Uburasirazuba m’ahandi muri rusange baguye mu kantu ubwo bumvaga Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi yita Perezida Kagame Umunazi wamaze Abayahudi muri Jenoside yabakorewe witwag...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi b’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba, EAC, ko u Rwanda rwiyemeje kuzakomeza gutanga umusanzu warwo mu mibereho myiza y’ababituye. Hari mu nam...
Kirr uyobora Sudani y’Epfo yageze Arusha muri Tanzania aho yahererwe ububasha bwo kuyobora Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba. Ni ububasha yahererekanyije na Evariste Ndayishimiye wari umaze igihe a...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y;Uburasirazuba, EAC, bahuriye mu Bugesera mu kigo cya gisirikare cya Gako baganira uko imyitozo yiswe USHIRIKIANO IMARA 2024 izagenda....
Mu Karere ka Bugesera habereye inama yahuje abasirikare n’abapolisi ndetse n’abasivili bahagarariye abandi bigira hamwe uko imyitozo ikomatanyije yitwa Ushirikiano Imara 2024 izakorwa. Iyi myitozo ng...
Nyuma y’uko Gen Nyagah wayoboraga ingabo za EAC zari zaroherejwe muri DRC avuze ko avuye muri izi nshingano kubera impamvu zijyanye n’umutekano we, nta yandi makuru yerekeranye n’inshingano z’ingabo y...
Mu buryo budaciye ku ruhande, umuyobozi w’ingabo za DRC zigize icyo bita 31e région militaire witwa Général de Brigade Timothée Mujinga yabwiye Umudepite mu Ntara ya Tshopo ko ingabo za Kenya zatang...
Kuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame yahuriye n’abandi bakuru b’ibihugu bya EAC, i Addis Ababa muri Ethiopia baganira uko ibibazo byo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo byakemuka binyuze mu iyubahir...









