Guverineri Lambert Dushimimana uyobora Intara y’Uburengerazuba yatangaje ko ku bufatanye na Airtel Rwanda hari gahunda ya kuzaha abaturage ayobora telefoni 280,000. Ni muri gahunda ya Con...
Hon. Lambert Dushimimana niwe uherutse gushyirwaho ngo asimbure Habitegeko François ku buyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba. Dushimimana Lambert yari asanzwe ari Perezida wa Komisiyo ya Politiki n’Imiy...
Abaturage bo mu Murenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi babwiye Taarifa ko mu Kagari ka Rwariro hari Zahabu na Gasegereti abantu bitwikira ijoro bakajya kuyishaka mu mugezi wa Nyabahanga, bakayiguris...


