Abantu 16 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’inkongi ikomeye yisabiye inyubako yabagamwo abantu benshi iri mu Mujyi wa Dubai. Dubai niwo mujyi utuwe cyane kandi ukorerwamo byinshi muri Leta zunze u...
Musharraf yayoboye Pakistan mu gihe gikomeye akaba yaguye mu bitaro by’i Dubai azize uburwayi yari amaranye igihe. Apfuye afite imyaka 79 y’amavuko. Musharraf yibukirwa kuri byinshi harimo n’uburyo ya...
Umunyarwandakazi usanzwe ukora umuziki witwa Marina ari i Dubai kuhakorera igitaramo biteganyijwe ko kiri bube kuri uyu wa Gatandatu Taliki 10, Ukuboza, 2022. Mbere yari bugikore Taliki 03, Ukuboza, 2...
Ubuyobozi bwa RwandAir bwatangaje ko guhera taliki 20, Mutarama, 2022 indege z’iki kigo zizatangira gutwara abagenzi bajya Dubai baturutse i Kigali, Entebbe muri Uganda, Bujumbura mu Burundi, Accra mu...
Ikigo cy’Indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyatangaje ko cyahagaritse by’igihe gito ingendo zijya cyangwa ziva mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, guhera kuri uyu wa 27 Ukuboza 2021. Itang...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cy’u Rwanda cyabwiye Taarifa cyamaze gufatira imitungo yose y’ikigo kitwa Aldango LTD gifite 50% y’imigabane y’abashoramari b’i Dubai kubera ko kitishyuye imisoro...
Nyuma y’ubuzima buvanze ibyiza n’ibibi, Umunyamerikakazi Jai Essence amaze igihe gito mu Rwanda, ariko yarahiye ko hagomba kuzaba amasaziro ye kubera umutekano, ubwiza bw’igihugu n’uburyo kiyobowe. Uy...
Umuhanzi Nemeye Platini avuga ko hari ikintu icyamamare Shaddy Boo afite kimukurura. Ntiyatangaje icyo aricyo ariko avuga ko kiri ku mubiri wa Shaddy Boo. Yabitangaje nyuma y’indirimbo aherutse gutan...
Kuri icyi Cyumweru tariki 10, Mutarama, 2021 nibwo imbuto ziturutse mu Rwanda zagejejwe mu iguriro ryitwa Carrefour riri mu isoko rya kijyambere rinini cyane riri i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abar...








