Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Phocas Mazimpaka ushinzwe ishami ryo gukumira indwara mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima avuga ko abashakashatsi b’iki kigo bari gukora igerageza ngo barebe akamaro ko gukumira malaria binyuze mu gu...
Ni umushinga RDB iherutse kwiyemeza gukorana na Zipline Rwanda, ukazafasha mu kugeza ibicuruzwa bya Made in Rwanda ku bakiliya bazaba bari mu mahoteli yo muri za Pariki zitandukanye. Amakuru Taarifa i...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda havugiwemo ko mu gihe kiri imbere mu Karere ka Huye hazubakwa ikigo kigezweho mu bya drones. Bakise Drones Operation Centre. Biteganyijwe ko iki kigo kizata...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko igiye gufatanya n’Ikigega cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga mu kongera ikoranabuhanga mu nzego za Leta zitandukanye. Ni umushinga uzashorwamo ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 17, Ukwakira, 2022 abaturage bo mu murwa mukuru wa Ukrane, Kiev, bazinduwe n’urusaku rukomeye rw’ibisasu byiraswaga n’indege za drones zitwa Kamikaze. Ijambo Ka...
UBUSESENGUZI: Kugira ngo intambara yeruye hagati ya Israel na Iran ishoboke hari ibintu bigomba kubanza gukorwa kugira ngo ibe. Ibyo ahanini bishingiye ku makosa y’ububanyi n’amahanga yakorwa na kimwe...






