Ku rubuga rwa X/Twitter rw’ingabo z’u Rwanda hatangarijwe ko hari indege yazo itwarwa n’abapilote batayicayeno bita drone yakoreye impanuka i Rutsiro. Ikirere kibi nicyo cyatumye ita...
Perezida Kagame ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’ubwikorezi bukoresha indege iri kubera mu Rwanda, yagarutse ku itangizwa ryo gutwara abagenzi muri drones bwat...
Ubufatanye hagati y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi na RIB bwo gukoresha drones mu gutahura abacukura amabuye y’agaciro batabyemerewe bwatanze umusaruro kuko hari benshi bamaze gufa...
Lawrence Kanyuka uyobora M23 yatangaje ko abasirikare be baraye bahanuye indi drone y’ingabo za DRC. Bikubiye mu butumwa uyu mugabo yacishije kuri X. Yavuze ko iriya drone ari iya FARDC akanenga...
Amakuru acaracara kuri X aravuga ko hari igisasu cya missile cyarashwe n’imwe muri drones za Leta ya DRC mu bice bicungwa M23. Aya makuru yiriwe acicikana ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko biriya bit...
Umubano wa Amerika n’u Burusiya warushijeho kuzamba nyuma y’uko indege y’igisirikare cy’u Burusiya ishyize igitutu kuri drone ya gisirikare y’Amerika yo mu bwoko bwa Reaper yari yageze mu kirere kiri ...
Minisitiri w’Intebe wa Iraq, Mustafa al-Kadhemi yasimbutse urupfu ubwo yagabwagaho igitero n’indege nto eshatu zitagira abapilote (drones), mu mugambi wo kumuhitana. Ni igitero yagabweho mu gitondo cy...






