Major Kiconco Tabaro wo mu ngabo za Uganda akaba asanzwe akora mu ishami ry’itumanaho avuga ko imirwano iherutse kubera mu Mujyi wa Ishasha igihugu cye kigabaniraho na DRC yatumye abapolisi 100 b’iki...
Ububiko bw’ikigo kitwa Centrale de Distribution des Médicaments de Kisangani (CAMEKIS) buherutse gushya bwose imiti yari iburimo ifite agaciro ka miliyoni $1 iratokombera. Iyi nkongi yabaye ku Cyumwe...
Mu ifasi ya Nyamilima muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru hubuye imirwano hagati ya M23 n’abagize Wazalendo uyu ukaba umutwe w’urubyiruko rukarana n’ingabo za DRC. Radio Okapi ivuga ko...
Nyuma y’igihe kirekire Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo irega u Rwanda gufasha M23, ikirego gihari ubu ni icy’uko ingabo z’u Rwanda zinjiriye mu buryo yise ko buteje akaga imikorere ya ...
Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi avuga ko mugenzi we uyobora Kenya yatumye iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Nairobi yari agamije kugarura amahoro mu Burasi...
Abashinzwe kurinda ibidukikije hirya no hino ku isi basaba Guverinoma ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuba ihagaritse ipiganwa yashyizeho ngo abashaka gucukura petelori na gazi batange am...
Minisiteri y’ubuzima mu Burundi ivuga ko hari abantu batatu bamaze kwandura ubushita bw’inkende mu Kirundi babwita ‘Urukushi”. Ubu bushita bwaraye butangajwe ko bwageze no mu R...
Ubuyobozi bushinzwe ubucuruzi muri Uganda bwafashe amakamyo yari aturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo apakiye amafi, bikavugwa ko yinjiye adafite uruhushya. Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Ny...
Ingabo z’Uburundi zimaze iminsi zikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu bikorwa zifatanyijemo n’iz’iki gihugu, abarwanyi na Wazalendo na FDLR. Hagati aho kandi niko zikora...
Umwe mu bakurikiranyweho uruhare mu gushaka guhirika Felix Tshisekedi bikanga, yabwiye urukiko ko byari umugambi watangiye gupangwa mu mwaka wa 2017, bitangirira muri Swaziland y’icyo gihe, ubu ni mu ...









