Mu masaha ashyira ay’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 11, Mata, 2021 imirwano hagati y’ingabo za DRC n’inyeshyamba za FDLR na Maï Maï Nyatura yari irimbanyije. Ingabo za DRC zari zashoboye kwigarurira u...
Mu murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu hari kubakwa uruganda ruzatunganya Gas Mèthane k’uburyo nirwuzura ruzihaza ku mashanyarazi 100% rugasagurira na Repubulika ya Demukarasi ya Kongo nk’uko ama...
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwakatiye Maj, ( Rtd) Habib Mudathiru igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo gusanga ahamwa n’ibyaha birimo kwinjira mu mutwe w’ingabo utemewe, kugambirira kugirira nabi ub...
Umuryango witwa Action Pour La Paix En Afrique watanze impuruza uvuga ko ibihugu bituranye na DRC ndetse na DRC ubwayo bigomba kuba maso kuko hari abarwanyi benshi bari kwisuganyiriza muri Beni kugira...
Imibare yasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi n’abagira neza hirya no hino ku isi byatangaje ko abagiraneza 10 biciwe muri DRC umwaka ushize, 19 barakomereka...
Perezida wa DRC yaraye agiranye ikiganiro na Visi Perezida wa Leta zunzwe ubumwe z’Amerika Madamu Kamala Harris. Baganiriye ku ngingo zirebana n’umutekano, icyorezo cya Ebola, na COVID-19. Ikiganiro c...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Vincent Karega yahaye ubwanditsi bukuru bwa Taarifa ikiganiro, agaruka kuri raporo iherutse gutangazwa ishinja u Rwanda kohereza ingabo mur...
Perezida Felix Tshisekedi yahaye imbabazi abantu bose bahamijwe uruhare mu rupfu rwa Laurent- Desiré Kabila wayoboye Repubulika ya Demukarasi ya Kongo guhera muri 1997 kugeza muri 2001 ubwo yapfaga ar...
Bamwe mu bakora muri Sosiyete Sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bavuga ko mu ijoro ryakeye hari ubwato bwarohamye burimo abantu benshi abagera kuri 30 barapfa. Ni abaturage bavaga mu Ugand...
Joseph Kabila ari kwisuganya, yegeranya ibitekezo byo kumufasha kurema irindi huriro rifite ingufu kurusha FCC kugira ngo akome mu nkokora inkubiri yatangijwe na Perezida Tshisekedi igamije kwitanduka...









