Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwagaragaje ko umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo utagize ingaruka ku ishoramari mu Rwanda. Umuyobozi Mukuru wa RDB, Jean Guy A...
Constant Mutamba usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko atazitaba urukiko rusesa imanza rwamutumije ngo rumubaze kubyo akekwaho byo kunyereza...
Ibi biremezwa n’Umudepite wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Grâce Neema wabwiye uhagarariye UNHCR muri gihugu cye ko mu Ntara ya Bas -Uele hari kwinjira impunzi nyinshi ziva muri C...
Ubutabera bwa gisirikare bwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwemerewe gutangira gukurikirana Joseph Kabila nyuma y’uko Inteko ishinga amategeko imwambuye ubudahangarwa yabwaga no kuba Senateri...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Hari amasezerano y’imikoranire yasinywe hagati y’ikigo Equity Group n’Ikigega Nyafurika cy’Ingwate (African Guarantee Fund-AGF) yo guha iyi Banki Miliyoni $500 azazamura imishinga mito yo mu Rwanda, D...
Guhera mu ntangiriro za 2024, hari impunzi nyinshi zahunze intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo zihungira mu Burundi mu Ntara ya Cibitoke, aho zashoboraga hose kurambika umu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwarangije gutegura no gutanga imbanzirizamushinga y’ibyo rwifuza ko byazashyirwa mu ...
Massad Boulos ushinzwe kugira inama Donald Trump ku bibazo bya Afurika yasohoye itangazo rivuga ko ibiganiro k’ukugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bikomereje i Doha muri Qatar kandi ko bitanga i...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...









