Mouvément du 23, Mars,( M23) yatangaje ko ishaka kugirana ibiganiro byihariye na Perezida Lorenco ndetse na Uhuru Kenyatta, ikabagezaho icyo itekereza ku myanzuro iyireba mu yiherutse gufatirwa i Luan...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bahagaritse imirwano bari bamaze igihe barwana n’ingabo za DRC. Mu gihe ari uko byanzuwe, Kenya yohereje itsinda rya gatatu ry’abasirikare bayo baje kurwanya M23 n’indi m...
Umuyobozi ushinzwe ubufatanye mu bya gisirikare muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda Brig General Patrick Karuretwa avuga ko RDF yasabwe n’abashinzwe iby’umutekano muri za Ambasade ziri mu Rwanda ko ba...
Umukuru wa Kenya Dr. William Ruto aratangira uruzinduko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bivugwa ko azagiranamo ibiganiro birambuye na mugenzi we uyobora iki gihugu witwa Felix Tshisekedi. Hagat...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko mbere y’uko izi ngabo zirasa umusirikare wa DRC wari waje k’ubutaka bw’u Rwanda, ngo yari yabanje kurasa ku munara RDF icungiraho umutekano. Itangazo ryavu...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko hari umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo warasiwe ku butaka bw’u Rwanda. Byabereye mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Mbugangari ijoro rijigije. Muri ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Prof Nshuti Manasseh yavuze ko umuhati wa Perezida Lorenco mu guhuza u Rwanda na DRC ndetse n’ibindi bice birebwa n’ibibazo biri ...
Abanyarwanda baca umugani ngo ‘uwarose nabi burinda bucya.’ Mu gihe DRC iri ntambara n’Umutwe wa M23 utayoroheye, iherutse kugura intwaro uwari uzitwaye azizanye mu gihugu ageze hagati arisubira. Ni i...
Edouardo Filomeno Bárber Leiro Octávio uhagarariye Angola mu Rwanda avuga ko ubuhuza buri gukorwa na Perezida w’igihugu cye hagati y’ibihugu birebwa b’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa DRC bukomeye. Ng...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abarwanyi ba M23 bari kototera umujyi wa Goma. Ubu bari mu Bilometero 20 mbere y’uko bagera muri uyu mujyi. Ni intera ingana no kuva mur...









