Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Taliki 13, Ukuboza, 2022 impunzi zo mu nkambi ya Mahama mu Murenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe zakoze imyigaragambyo mu mahoro, zisaba amahanga guhaguruka akarwanya...
Ubuyobozi bwa gisirikare bwa M23 bweretse itangazamakuru abasirikare uyu mutwe uvuga ko uherutse gufatira ku rugamba barimo n’ufite ipeti rya Lt Col. Uyu ni Lt Col Assani Kimonkola Adrien. We na bagen...
Abarwanyi baje bahagarariye imwe mu mitwe ikomeye y’inyeshyamba irwanira muri Repubuika ya Demukarasi ya Congo mu biganiro bimaze Icyumweru bibera i Nairobi bavuga ko bahawe amafaranga make ugereranyi...
Mu mvugo yumvikanamo uburakari bwinshi, Perezida wa DRC Felix Tshisekedi yabwiye abanyacyubahiro bo mu gihugu cye yari yakiriye ku meza ko umwanzi wa mbere wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ari Pau...
Guverinoma ya DRC irashinja M23 kwica abasivili bagera kuri 50 bishwe barasiwe ahitwa Kishishe, mu gace ka Bwito hafi ya Rwindi. Hose ni muri Rutchuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ubwicanyi bw...
Alice Wairumu Nderitu, usanzwe ari umujyanama w’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye mu byerekeye gukumira Jenoside, yatangaje ko ibyo aherutse kwibonera no kwiyumvira ubwo yari ari mu Burasir...
Umuvugizi w’Ibiro bya Papa Francis witwa Mgr Ettore Balestrero yatangaje ko Papa Francis azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y’Italiki 31, Mutarama n’Italiki 3, Gashyantare, 2023. Iby’uru...
Amakuru aturuka i Nairobi avuga ko abarwanyi bari mu biganiro na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri kubera i Nairobi muri Kenya barasaba ko bahabwa imbabazi na Leta ku byaha bakoze k...
Mu masaha ya kare kuri uyu wa Mbere Taliki 28, Ugushyingo, 2022, muri Kenya harabera ibiganiro byitabirwa n’Abakuru b’ibihugu bya EAC ndetse n’imitwe y’inyeshyamba igera kuri 15 ariko M23 yo ntiyah...
Abantu batanu barimo abarwayi batatu ba Maï-Maï ndetse n’abasirikare babiri b’ingabo za DRC baguye mu mirwano yaraye ibereye hafi y’urugo rw’Umuyobozi wungirije w’ingabo muri Butembo mu Ntara ya Kivu ...









