Umuyobozi wa kimwe mu bice bigize Rutshuru kitwa Bambo yatangaje ko abarwanyi ba M23 bakajije ibirindiro byabo byegereye ahitwa Tongo, Mulimbi, Kishishe, Bwiza, Mabenga-Rwindi no ku gasozi ka Nyundo m...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC. Ni imyitozo ngarukamwa...
Umwe mu bagize Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Jean Lucien Bussa yatangaje ko umunye-Congo udafite Se wavukiye muri kiriya gihugu ari umwanzi w’igihugu. Asanzwe ari Minisitiri w...
Saa munani n’iminota 40 z’amanywa yo kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023, imodoka ifite pulake CGO 9428AC22 yatobotse ipine ita umuhanda igonga umugabo witwa Niyonzima Emmanuel w’imyaka 35 y’am...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...
Amashusho bivugwa ko yafashwe n’abarwanyi ba M23 yacishijwe kuri Twitter, arerekana intwaro yemeza ko zatawe n’abacanshuro bafasha FARDC ku rugamba. Mu mezi make ashize nibwo bamwe mu bacanshur...
Umwe mu miryango ya sosiyete sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ukorera muri Ituri watangaje ko hadutse inyeshyamba ziyise Zaïre. Abazigize bashinjwa kuba inyuma y’urupfu rw’abantu 64 bish...
Umusirikare uyobora ingabo za DRC zikorera muri gace k’ibikorwa bya gisikare bise Sokola 2 bikorerwa mu gice cy’Amajyepfo witwa Général-major Ramazani Fundi yanenze abasirikare bo mu gace ayobora b...
Abayobozi bo muri Repubulika ya Angola bavuga ko hari abaturage ba DRC bagera ku 25,000 binjiye muri kiriya gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Binjiriye ku mipaka itandukanye ya Chissanda, Furtuna,...
Minisiteri y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse gutangariza abanyamakuru ko ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze Politiki ivuguruye igenga igisirikare n’umutekano wa kiriya gihugu. Mu Gi...








