Itangazo ryaturutse muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda rivuga ko kuri uyu wa Kabiri taliki 15, Gashyantare, 2023 hari abasirikare bari hagati ya 12na 14( bagize icyo bita section) binjiye ku butaka b...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko iyo ibihugu byabo bihora bishinja u Rwanda guhungabanya DRC kandi atari byo, biba biri kuyihemukira kubera ko bituma idafata...
Inama yahuje Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yaraye ibereye i Bujumbura, yamaze amasaha arenga ane. Perezida Museveni wa Uganda na Samia Suluhu Hassan wa Tanzania basohot...
Mu rwego rwo kwitabira idasanzwe yatumijwe na mugenzi uyobora u Burundi, Perezida Kagame yageze i Bujumbura. Hari hashize ‘igihe kirekire’ atahagera. Perezida w’u Rwanda yagiye i Burundi k...
Perezida w’u Burundi akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, Evariste Ndayishimiye yatumije inama y’Abakuru b’uyu Muryango iri bubere i Bujumbura. Haribazwa niba mugenzi we Tshiseked...
Abayobozi bakuru muri Kiliziya gatulika bayobowe na Cardinal Antoine Kambanda bagiye kwakira Papa Francis uri mu ruzinduko i Kinshasa. Abandi bajyanye na Cardinal Kambanda ni Mgr Vincent Harolimana, M...
Mu igare ry’abafite ubumuga, Papa Francis yagezeku kibuga mpuzamahanga cy’I Kinshasa.] Yakiriwe n’abayobozi bakuru ba DRC ndetse n’abo muri Kiliziya gatulika. Papa Francis azasura Repubulika ya Demuka...
Mu kigo gisuzuma imiterere y’ibinyabiziga giherereye i Remera mu Karere ka Gasabo hafatiwe uwitwa Minani Samuel ufite imyaka 39 wari ufite uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano....
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yategetse ko abasirikare b’u Rwanda babaga mu buyobozi bw’umutwe w’ingabo z’Akarere zagiye yo gufatanya n’abandi kuhagurura amahoro, zitaha. Itangazo ryasinywe n’umuv...
Umuhanzi ukomeye kurusha abandi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Koffi Olomide yifatiye mu gahanga bagenzi be muri kiriya gihugu bahora bashinja u Rwanda kubiba imitungo. Mu kiganiro yahaye umu...









