Ni ikibazo benshi bibaza. Kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023 nibwo byitezwe ko M23 iri buhagarike imirwano nk’uko iherutse kubyemerera umuhuza Lorenco wari wabakiriye mu Biro by’Umukuru w’igi...
Emmanuel Macron yasezeranyije mugenzi we uyibora DRC ko Paris izaha Kinshasa miliyoni € 34 zo gufasha mu gusubiza mu byabo abaturage bahunze intambara iri kubera mu Burasirazuba bwa DRC. Perezida Mac...
Mu Ntara ya Tanganyika, Telitwari ya Kalemie haravugwa igitero cy’umutwe w’inyeshyamba z’Abatwa bagabye bakoresheje imiheto n’imyambi bagahitana umugore, bagatwika za nyakatsi kandi hagakomereka abant...
U Burundi burohereza abasirikare 100 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ngo zifatanye n’iza EAC mu bikorwa byo kurwanya imitwe imaze iminsi ica ibintu mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu. Umunyamaba...
Hatarashira amezi atanu, undi musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa. Uherutse kurasirwa mu Rwanda[hari taliki 03, Gashyantare, 2023] yari yinjiriye hagati y’umupaka...
Mu buryo budaciye ku ruhande, umuyobozi w’ingabo za DRC zigize icyo bita 31e région militaire witwa Général de Brigade Timothée Mujinga yabwiye Umudepite mu Ntara ya Tshopo ko ingabo za Kenya zatang...
Abaturage benshi ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batawe muri yombi bashinjwa kuba Abanyarwanda. Bisa n’aho kuba Umunyarwanda muri iki gihugu ari icyaha kubera k...
Sosiyete sivile ya DRC mu gace ka Kisangani irasaba Guverinoma ya DRC ibisobanuro by’ukuntu ingabo za Kenya zageze i Kisangani kandi mu mabwiriza azigenga ashingiye ku byemeranyijwe ‘n’abagaba b’ingab...
Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye ...
Inama yaraye ihuje Abakuru b’ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afurika yabereye Addis Ababa yanzuye ko imitwe yose yitwaje intwaro igomba gusubira inyuma ikava aho yafashe bitarenze taliki 30 Werurwe, 20...









