Nyuma y’uko Gen Nyagah wayoboraga ingabo za EAC zari zaroherejwe muri DRC avuze ko avuye muri izi nshingano kubera impamvu zijyanye n’umutekano we, nta yandi makuru yerekeranye n’inshingano z’ingabo y...
Mu mpera z’Icyumweru gishize hari amakuru yavugaga ko imitwe itandukanye ikorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfu yihuje ivugana na Leta iyiha uburyo bwo gutangira kwica Abatutsi bo muri iriya Ntara. Hari...
U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gukorana na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu kurwanya M23. Ni icyemezo cyatangajwe ku mugaragaro nyuma y’ibiganiro byabuhuje na Minisitiri wa DRC ushinz...
Uhagarariye Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu biganiro bimaze iminsi bibera i Nairobi witwa Sèrge Tshibangu avuga ko mu biganiro bya Nairobi bizaba ku nshuro ya kane( Nairobi 4) nta M...
Uyu mugabo wayoboye inyeshyamba za MLC, yavuze ko agiye guha isomo abo ari bo bose bagize igihugu cye agatobero. Bemba ni umwe mu banyapolitiki bakomeye muri iki gihugu. Yigeze kuba Visi Perezida ku ...
Umwe mu bantu bayoboye inyeshyamba z’umutwe witwaga MLC zamaze igihe zirwana muri Repubulika ya Centrafrique witwa Jean Pierre Bemba yagizwe Minisitiri w’ingabo za DRC. Yashyizwe muri Guverinoma nsh...
Nyuma y’ikiganiro yagiranye n’Umunyamabanga ushinzwe umutekano mu Bwongereza witwa Suella Braverman, Minisitiri Dr. Vincent Biruta yabwiye itangazamakuru ko inyungu y’u Rwanda mu kwakira abimukira bav...
Amakuru atanganzwa n’abanyamakuru ku giti cyabo ndetse n’urubuga rw’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye avuga ko abarwanyi ba M23 bavuye mu bice byinshi bari barigaruriye. Bimwe muri byo byahise ...
Umufaransa Nicolas de Rivière uyoboye itsinda ryoherejwe muri DRC n’abagize Akanana k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ngo rirebe uko ibintu byifashe, yasabye aka kanama kongerera MONU...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba bwa DRC kurwanya M23 zifatanyije na iz...









