Mu kiganiro kivuga uko u Rwanda ruhagaze muri iki gihe rumaze imyaka 29 rubohowe, Perezida Kagame yagize icyo avuga kuri raporo y’impuguke iherutse gushinja u Rwanda gukomeza gufasha M23. Yavuze ko nt...
Muri Angola haraye hatangiye inama yitabiriwe naba Minisitiri barimo nabashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu Karere U Rwanda ruherereyemo. Irigirwamo ikibazo cy’umutekano muke muri DRC. u Rwanda rwahag...
Umugaba w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Gen Christian Tshiwewe yakoresheje inama n’abasirikare bakuru abanenga ko hari bamwe muri bo bamenera umwanzi amabanga. Mu ijambo rigaragara mu...
Hari video iri kuri Twitter abana biga muri rimwe mu mashuri abanza yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo basubiramo amagambo irimo urwango ku Rwanda. Iryo tsinda ry’abanyeshuri ubona bari mu kige...
Inyeshyamba za ADF zikomeje kubera ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ihwa mu kirenge. Nta gihe kinini gishira zitishe abaturage mu bice bitandukanye by’iki gihugu. Nk’ubu imibare itanga...
Ubutegetsi bwa Joe Biden bwongeye kwibasira u Rwanda binyuze mu ‘gukomeza’ kurushinja gushyigikira 23, bukabikora bugamije kwereka amahanga ko ari rwo rwazengereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo k...
Abayobozi bayobowe na Perezida wa DRC Felix Tshisekedi bari mu Bushinwa basinye amasezerano y’uko Ubushinwa buzafasha DRC mu iterembere mu ikoranabuhanga. Amasezerano hagati ya Beijing na Kinshasa yas...
Inteko ishinga amategeko y’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yanzuye ku bwiganze ko iyi Ntara ikomeza kuyoborwa n’abasirikare, ikaguma mu bihe bidasanzwe bita état de siege. Ibi bihe kandi bigomba gukomez...
Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda, Kayisire Solange yaraye ahuriye i Geneva na Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa DRC Congo witwa Christophe Lutundula AP...
Ubutegetsi bw’i Kampala buvuga ko bufite umugambi wo gukorana na DRC mu gucukura no gutunganya ibikomoka kuri Petelori na Gazi biboneka mu bihugu byombi. Minisitiri ushinzwe ingufu muri Uganda witwa R...









