Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko hari amakuru yizewe y’uko hari abacanshuro Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakuye muri Colombia ngo baze bayif...
Perezida Paul Kagame avuga ko ubuhuza buherutse gukorwa na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu kibazo u Rwanda rumaranye igihe na DRC buzatanga umusaruro abandi bananiwe kugeraho. Mu kiganiro yahaye abanya...
Mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Tariki 24, Kamena, 2025 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Olusegun Obasanjo wahoze uyobora Nigeria akaba n’umwe mu bahuza bashyizweho na...
Hazaba ari kuwa Kane Tariki 26, Kamena, 2025 ubwo u Rwanda ruzumva umwanzuro w’Urukiko Nyafurika rushinzwe uburenganzira bw’abantu ku ngingo yerekeye ibyo rwasabye by’uko uru rukiko rwates...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko yemeranyije n’iya Uganda binyuze mu ngabo zayo ko Kampala yagura ibikorwa byayo bya gisirikare bikagera mu Ntara ya Ituri, mu Mujyi wa Beni...
Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda yatangaje ko nta masezerano azasinywa kuri iki Cyumweru kuko kugira ngo hagire asinywa yerekeye amahoro hagati ya Kigali na Ki...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri uvuga ko mu rwego rwo kunoza imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, abanyeshuri bazajya biga amasomo y’ingenzi n’andi ‘bihitiyemo’. Guver...
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko ruva mu muryango wa CEEAC nyuma y’aho ibihugu biwugize birimo DRC birwitambitse ntirwemererwe kuwuyobora bigizwemo uruhare na DRC. Uwo mwanzuro wafashwe nyuma y’...
Guverineri wa Ituri Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama avuga ko abasaba ingabo za DRC kwitanga ku rugamba baba bazishinyagurira kuko zishonje cyane. Mu minsi 30 y’ukwezi, baryamo iminsi 15 gusa...
Guverinoma ya Kinshasa yatangaje ko hari Miliyari $1 yamaze gushorwa mu nzego z’umutekano mu rwego rwo gutuma Uburasirazuba bwa DRC butekana. Ni igice kimaze imyaka irenga 20 kiri mu ntambara z’urudac...









