Mu Kigo cya gisirikare kitwa Camp Bahumba kiri i Kisangani hamaze iminsi hatorezwa itsinda y’abakomando ba DRC bafite inshingano yo kurinda Intara ya Ituri, iya Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi. V...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwatangaje ko ibivugwa ko zinjiye muri Kivu ya Ruguru mu guha umusada abarwanyi ba M23 ari ikinyoma kigamije kuyobya amahanga. Mu masaha yatambutse ubuvugizi bw’ingabo ...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko kuba Ubwami bw’Ububiligi bwanze uwo u Rwanda rwagennye ngo aruhagararire bwabitewe n’icyo yise igitutu cya DRC kandi ngo birababaje. Yunzemo...
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko iby’uko ingabo z’u Rwanda ziri gutegura igitero muri DRC ari ibinyoma byatangajwe n’igisirikare cy’iki gihugu. Byaboneye ho kwibutsa DRC ko ub...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubutabazi, UN Office for the Coordination of Humanitarian Affairs, ritangaza ahitwa Bunia mu Ntara ya Ituri muri DRC hari kubera ubwicanyi budasanzwe k’uburyo...
Abagize itsinda ry’uruganda rucukura zahabu yo muri Repubulika ya Congo rwitwa Primera Gold DRC SA baherutse gusaba abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu kubafasha kubaka uruganda rwujuje ibisab...
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya yasubiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kureba uko yakunga M23 n’igisirikare cya DRC. Akigera yo yakiriwe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Umuryan...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwabonye video irimo abagabo barenga 10 bemera ko ari abo muri FDLR no muri Nyatura baherutse gufatwa na M23. Bemeye ko yabafashe bari mu mugambi wo gutera u Rwanda bafatanyije ...
Gen Makenga wari umaze igihe ataboneka mu ruhame yongeye kugaragara abwira Guverinoma ya DRC ko ibyo gushyirwa mu nkambi bitareba umutwe ayoboye ndetse yongeraho ko igihe cyose izashotora abarwanyi be...
Sosiyete Sivile yo muri Walikale( ni Muri Kivu y’Amajyaruguru) yatanze impuruza kuri Guverinoma ko hari zahabu imaze iminsi icukurwa mu kaduruvayo, bityo ko harebwa uburyo yacukurwa mu buryo bunoze. I...









