Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Huang Xia yaraye aganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe EAC James Kabarebe uko umutekano mu K...
Ubushinjacyaha bukuru bwa Kinshasa Gombe bwaraye bugejeje mu rukiko dosiye y’umunyamakuru wa Jeune Afrique witwa Stanis Bujakera bushinja gukwiza ibihuha no kumena amabana y’igihugu. Italiki azaburani...
Amezi abaye abiri imodoka ziganjemo amakamyo zarananiwe kuva mu byondo byazifatiye mu muhanda uhuza Gina na Pimbo muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Imvura imaze iminsi igwa muri iki gice yatu...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo za FARDC zashatse kwigarurira isunzu ry’imisozi ya Kanyamahoro hafi y’i Kibumba zigaba igitero ku barwanyi na M23. Iki gitero cya...
Abanyamakuru babiri basanzwe bakurikirana intambara zibera muri DRC ari bo Marc Hoogsteyns na Adeline Umutoni baherutse kwandika mu kinyamakuru Kivu Press Agency ko ibyo babona bibereka ko habura imba...
Minisitiri w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo Jean Pierre Bemba yatangaje ko hari inyeshyamba zitwa Mobondo ziri mu bice byegereye Kinshasa. Ziri ahitwa Kwilu, Kwango, Maï-Ndombe no mu nken...
Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023 nibwo umunyamakuru wa Jeune Afrique witwa Stanis Bujakera wari umaze iminsi mike afunzwe, yimuriwe muri gereza nkuru ya Makala. Yari yabanje gufatwa afungirwa m...
Stanis Bujakera Tshiamala usanzwe ukorera Jeune Afrique i Kinshasa amaze iminsi ibiri afunzwe. Yatawe muri yombi ku wa gatanu ubwo yari ku kibuga cy’indege cya N’Djili yitegura kujya i Lubumbashi mu...
Évariste Ndayishimiye uyobora Uburundi ari muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ku rutonde rw’ibyo azakora harimo no kuzasinyana na mugenzi we Felix Tshisekedi amasezer...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni. Avuga ko baganiriye ku ngingo z...









