Umwe mu barinda umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yinjiye aho abantu barira mu gace kitwa Majengu kari i Goma atangira kurasa abantu abadatoranya. Abaturage batatu bahasize ubuz...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko yaganiriye na mugenzi we uyobora u Rwanda ku byakorwa ngo umubano hagati y’igihugu cye n’u Rwanda wongere kuba mwiza. Avuga ko baganiriye ku ngin...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika y’Epfo Dr. Naledi Pandor yabwiye umwanditsi ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga mu Biro ntaramakuru by’Afurika y’Epfo, SABC, ko Perezida Ramaphosa azaganira na...
Eric Nkuba Shebandu w’imyaka 52 y’amavuko ku wa Gatatu taliki 05, Mata, 2024 yeretswe itangazamakuru rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’ifatwa rye ryabaye muri Mutarama, uyu...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 aravugwaho guhunga DRC nyuma y’uko habonetse ibihamya by’uko yaba afite uruhare rutaziguye mu ntam...
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) witwa Bintu Keita avuga ko M23 ikomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ...
Muri Zambia kuri uyu wa Gatandatu harateranira inama mpuzamahanga y’ibihugu bya SADC iri busuzimirwemo ibibazo bireba abasirikare b’uyu muryango bagiye mu butumwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Cong...
I Luanda muri Angola hateraniye Inama mpuzamahanga yahuje u Rwanda, Angola na DRC ngo baganire ku ikemurwa cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inama ibaye nyuma y’uko Abakuru ...
Général Major Chicko Tshitambue na bagenzi be baraye bohererejwe ubutumwa bw’uko bagomba gusubira i Kinshasa kugira ngo bagire ibyo babazwa ku biri kubera mu gace bashinzwe kuyoboramo ingabo. Aho ni m...
Nyuma yo gukatirwa gufungwa amezi atandatu byemejwe n’urukiko rw’i Kinshasa, hari ikizere ko umunyamakuru wa Jeune Afrique witwa Stanis Bujakera ashobora gufungurwa mu masaha make ari imbe...









