Mu gihe M23 ikomeje gufata ibice byinshi bya DRC, ku rundi ruhande Perezida wa DRC Felix Tshisekedi yategetse ingabo ze kwambura izo nyeshyamba ibice byose zari zarafashe. Nyuma ya Kanyabayonga, ahand...
Ku wa Mbere taliki 17 nibwo insoresore zo mu ihuriro ry’urubyiruko rwiyise Wazalendo bikoze bagaba igitero ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Zikihagera zasanze izi ngabo zaz...
Muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo haravugwa umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo warashwe n’umugore we aramwica. Byabaye mu ijoro ryo ku italiki 15 rishyira iya 16, Kamena, 20...
Abaturage bateze abasirikare bari bavuye kugemurira bagenzi babo barabica. Umuyobozi wa Lubero avuga ko abo basirikare biciwe ahitwa Njiapanda hagati ya Kambau na Njiapanda. Ni mu gace kari mu ntera y...
Mu nama y’Abaminisitiri yakoresheje bwa mbere nyuma yo gushyiraho Guverinoma nshya iyobowe na Madamu Suminwa, Perezida Tshisekedi yabasabye gukora uko bashoboye ibibazo by’abaturage bigakemuka. Yabasa...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aravuga ko mu ijoro ryakeye hari inkongi ikomeye yadutse mu gace kitwa Nyamugo mu Mujyi wa Bukavu, ikongora ibintu byinshi. Umunyamakuru witwa Ju...
Mu rukiko rwa gisirikare ruri ahitwa Ndolo mu Murwa mukuru Kinshasa kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Kamena, 2024 harabera urubanza ry’abantu baherutse gushaka guhirika ubutegetsi bikaburizwamo. Radio Ok...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yagiye muri Uganda kuganira na mugenzi we uyobora iza Uganda General Muhoozi Kainerugaba ku ngingo zirebana n’imikorere ya gisirikare ku mpande zombi...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye Tanzania ko bagura toni 500000 kugira ngo ibone ibyo igaburira abaturage. Amasezerano y’ubu buguzi yaraye asinywe hagati y’Ikigo cya Tanzania gish...
Vital Kamerhe yatorewe kongera kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’iminsi mike iwe hagabwe igitero cyashakaga kumuhitana ariko abapolisi babiri mu bamurinda ...









