Leta y’u Rwanda yatangaje ko nta gahunda ihari yo kujya yakira abantu bakeneye ubuhungiro mu Bwongereza, nk’uko bikomeje gutangazwa muri icyo gihugu. Ni gahunda bivugwa ko izanagirwamo uruhare na Denm...
Perezida Paul Kagame yamenyesheje mugenzi we Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ko u Rwanda rwiteguye gukomeza guteza imbere umubano w’ibihugu byombi. Ni ubutumwa yashyikirijwe na Minisitiri w’Ubub...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yakiriye ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Joanne Lomas, wageze ku musozo wa manda ye y’imyaka itatu y’ubutumwa yari afite muri iki gihugu. Lomas yagizwe amb...
Ubunyamabanga bwa Commonwealth bwemeje ko inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu na guverinoma bagize uyu muryango, CHOGM, yasubitswe, kubera icyorezo cya COVID-19 gikomeje kumera nabi hirya no hino...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yatangaje ko raporo u Rwanda rwitegura kumurika igaruka ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside, izaba yuzuzanya n’iyakozwe n’itsinda riyob...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, i Bangui, aho yari ahagarariye Perezida Paul Kagame. Dr N...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yavuze ko icyifuzo ari uko abazitabira inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma b’ibihugu bikoresha Icyongereza (CHOGM) izaba muri Kamena bazaba ba...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye ku kibuga cy’indege inkingo 50.000 za COVID-19 u Rwanda rwahawe n’u Buhinde, ziyongera ku zikabakaba 347.000 za AstraZeneca/Oxford na ...







