Minisiteri y’imari n’Igenamigambi yagejeje ku Nteko ishinga amategeko umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ivuguruye, uteganya ko izongerwaho miliyari 633.6 Frw ikagera k...
Ku wa Mbere w’iki cyumweru nibwo Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabashije gukusanya miliyoni $620 binyuze mu gushyira ku isoko impapuro mpeshwamwenda zatanzwe mu madolari (Eurobond), zizishyurwa m...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize, RSSB, cyashinjwe gushora amafaranga menshi mu mishinga itizwe neza, bikarangira iguye mu bihombo kandi bigaruka kuri Leta. Imwe mu mishinga igarukwaho ni iy’inyuba...
Ikigega mpuzamahanga gitera inkunga imishinga igamije guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, Global Green Fund, cyahaye u Rwanda miliyoni $33,7, zizashorwa mu mushinga w’imyaka itandatu wo kuvugurura i...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi igaragaza ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2021/22 hateganyijwemo miliyari 107.7 Frw, zizashyirwa mu mushinga wo gukingira icyorezo cya COVID-19 mu gihugu. Ni kimwe m...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yagejeje ku Nteko Ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2021/22, izagera kuri miliyari 3807 Frw. Iziyongeraho miliyari 342.2 Frw, binga...
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni € 78 – miliyari zigera kuri 90 Frw – azashyirwa mu bikorwa birimo kwegereza abaturage ubuyobozi, imiyoborere myiza, kongera i...
Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi ya Kenya Airways yasabye leta y’icyo gihugu kongera ishoramari muri icyo kigo cyugarijwe n’ibihombo, ko uretse kuba RwandAir ishobora kubatwara ubucuruzi, n’amahirwe y’i...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko RwandAir iri mu biganiro bya nyuma na Qatar Airways, mbere y’uko icyo kigo gikomeye mu by’indege ku isi kigura imigabane mu kigo cy’in...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko mu gihe cya vuba hazamenyekana ibipimo bishya by’imisoro y’ubutaka, bizasimbura ibiheruka gutangazwa ariko byaje kutavugwaho rumwe. Ku wa Mbere nibwo ina...









