Ubushakashatsi bwakozwe n’abaganga bo mu Rwanda bwerekanye uburyo guhurira ahantu hafunganye mu tubyiniro n’ibirori byo mu ngo byakwirakwije COVID-19, guhera mu minsi ya mbere ikigera mu gihugu. Ni ub...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze bibi...
Imibare y’abandura COVID-19 igaragaza ko hari abakingiwe ariko bakomeje kwirara, ku buryo imibare y’abandura ikomeje kuzamuka uko bwije n’uko bukeye. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, Dr...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abakora ibikoresho bipima COVID-19, ku buryo mu minsi mike ibiciro byo kwipimisha bizagabanyuka cyane, aba...



