Perezida Paul Kagame yahagaritse Dr Nsanzimana Sabin wari umaze imyaka isaga ibiri ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho. Itangazo ryashyizweho u...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneye u Rwanda inkingo 488,370 z’icyorezo cya COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer, zirimo igice cy’inkingo miliyoni 500 icyo gihugu cyemeye guha ibihugu bitan...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko ryahaye u Rwanda amacupa 225 akoreshwa mu guha abarwayi umwuka wa “oxygen”, azifashishwa cyane mu kwita ku barwayi ba CO...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bahawe urukingo rwa mbere rwa Astrazeneca bagejeje igihe cyo guhabwa urwa kabiri ntiruboneke, bagiye guhabwa urwa Pfizer nk’uburyo bwemejwe ko butanga ub...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko guma mu rugo yasize umubare w’ubwandu bushya n’abajyanwa mu bitaro kubera COVID-19 ugabanyutse mu Mujyi wa Kigali, ikibazo gisa n’icyimukiye mu...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko igiciro cyo kwipimisha Covid-19 hakoreshejwe igipimo gitanga ibisubizo mu buryo bwihuse kigiye kujya cyishyurwa 5000 Frw, mu gihe gisanzwe k...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko hari abantu barimo gukoresha uruvangitirane rw’ibyatsi bavuga ko barimo kwirinda cyangwa kwivura COVID-19, ibintu ngo bisho...
Isesengura ry’inzego z’ubuzima mu Rwanda ryemeza ko itumbagira ry’abandura n’abahitanwa na COVID-19, kugeza kuri 90 ku ijana ari ukubera ubukana bwa Coronavirus yihinduranyije ya Delta. Delta imaze ku...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyemeje ko abantu 10 muri 239 bafashwe barimo gusengera mu buryo butemewe n’amategeko ku musozi wa Kanyarira mu Karere ka Ruhango, basanzwemo COVID-19. Kuri uyu wa Ga...
Nk’uko umuntu ashobora kugura igipimo agasuzuma ubwe niba atwite cyangwa afite virusi itera SIDA, niko mu minsi mike abaturarwanda bazatangira kwisuzuma ubwabo SARS-CoV-2, virusi ikomeje gukongeza icy...









