Inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, kuri uyu wa Mbere irafata icyemezo ku busabe bwa Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, bwo kwimura gahunda yo kugezwaho na Minisitiri w’Ibikorwa remezo,...
Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amabwiriza ajyanye no gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19, aho mu Mujyi wa Kigali ibirori byose no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Ni amabwiriz...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo bwafasha Afurika kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n’amasezerano ashyiraho isoko rusange...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko abiga imyuga n’ubumenyingiro bagiye gushyirirwaho ibyiciro byisumbuye bya kaminuza, byiyongera ku gisanzwe gitanga impamyabumenyi y’icyiciro cya m...
Perezida Paul Kagame yakiriye Meya w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, Anne Hidalgo, ari na we uyoboye Ihuriro ry’abayobozi b’imijyi y’ibihugu bikoresha Igifaransa bari mu Rwanda mu nama ya 41 y’iryo huri...
Perezida Paul Kagame yirukanye Eng. Alfred Dusenge Byigero wari Umuyobozi Mukuru w’ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, ahita asimbuzwa by’agateganyo Gisèle Umuhumuza wari umwungirije. Byige...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko kuba Perezida Paul Kagame yohereje intumwa mu birori by’ubwigenge bw’u Burundi ari igitangaza, kuko bigaragaza icyerekezo cyiza cy’umubano, nyuma y...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ni umwe mu bashyitsi b’u Burundi mu birori by’Umunsi w’Ubwigenge, nyuma y’igihe ibihugu byombi bitabanye neza. U Burundi burizihiriza umunsi w’ubwigenge i...
Perezida wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yavuze ko u Rwanda rudakeneye abarwibutsa kwibuka abishwe muri Jenoside bazira ko batayishyigikiye, kuko nta we urusha abanyarwanda kumenya ibigwi byabo. Ni aba...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, i Bangui, aho yari ahagarariye Perezida Paul Kagame. Dr N...









