Binyuze mu itangazo rikubiyemo ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri iherutse guteranira mu Biro bya Perezida, Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko hari amakuru y’uko M23 iri kwitegur...
Mu gusubiza niba Guverinoma ya DRC izemera ingingo umunani AFC/M23 isaba kugira ngo intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Thérèse Kayikwamba yavuze ko ziri gus...
Mu Murwa mukuru wa Qatar ari wo Doha hari bubere ibiganiro bihuza intumwa za M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko byasubitswe kugeza ku itariki itatangajwe. Byari byateguwe mu ...
Osama Hamdan, umwe mu bayobozi bakuru ba Hamas yabwiye Al Jazeera ko igitero uyu mutwe wagabye kuri Israel tariki 07,Ukwakira, 2023 ari intsinzi ikomeye itazibagirana mu mateka. Ntacyo Israel irasubiz...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Paul Kagame yaraye ageze Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga mpuzamahanga cya Doha yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Dr. Ahmed ...
Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangarije ko atitaba ibiganiro byari bumuhurize i Doha muri Qatar na mugenzi we Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda yatangaj...
Madamu Jeannette Kagame yabajije abandi bafasha b’Abakuru b’ibihugu n’abandi bagore bari mu buyobozi bukuru mu nzego zitandukanye niba aho babereye hari uwabonye umuryango w’abantu ugira icyo ugeraho ...




