Kugenza ibyaha bigira uburyo n’amikoro bisaba. Kubera ko abakora ibyaha babikora mu buryo bufifitse bagamije kuzayobya uburari, bisaba ko abagenzacyaha bagira ubumenyi bwihariye buzabafasha kubatahura...
Nyuma y’uko Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rutegekeye ko umubiri w’umukire Gaspard Mirimo utabururwa ugapimwa kugira ngo harebwe niba ari Se w’abana bavuga ko yababyaye, kugeza ubu ibyavuye mu bip...
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rumaze iminsi rwumva urubanza aho abana babiri bavugaga ko bashaka umunani mu mutungo wa nyakwigendera Gaspard Mirimo wari umukire. Nyuma yo kumva impaka z’urudaca, ur...


