Soraya Hakuziyaremye uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko iki kigo kigiye gutangira kugura zahabu ikabikwa nk’ubwizigame nk’uko andi madovize abikwa. Amadovize akomeye kurusha ayandi ku isi ni amad...
Polisi ya Nigeria yataye muri yombi abagabo babiri ikurikiranyeho gukora inzoga zikomeye ku isi zirimo n’izitwa Jack Daniels zihenze kurusha izindi ku isi. Abo bagabo bari bafite uruganda bakoreragamo...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente ubwo yatangizaga Icyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yavuze ko u Rwanda rufite amabuye y’agaciro menshi igisigaye ari uko acukurwa ...
Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000. Mbere y’uko ibi byose byon...
Ibuye ry’agaciro kenshi ryitwa Diyama rifite uburemere bwa carat 1,098 ryavumbuwe muri Botswana. Carat imwe ingana na miligarama 200. Kuba iri buye rifite buriya buremere biriha agaciro kenshi kuko ub...
Bwana Mokgweesi Masisi uyobora Botswana ari busure Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, aganire na mugenzi we Felix Tshisekedi. Umunyamakuru wa Jeune Afrique ukorera muri DRC witwa Stanslas Bujakera Tsh...
Ni intambara bamwe bise iy’ubutita nka yayindi yari hagati ya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete yatangiye muri 1947 irangira muri 1991. Iyi ntambara iteruye hagati y’ibihu...






