Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Abagize itsinda ry’urubyiruko rw’Abanyarwanda baba hanze yarwo baraye bakiriwe n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda baruganiriza ku mikorere yayo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of...
Umutwe urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa witwa M23 wacishije kuri X itangazo ry’uko watangije ubuyobozi bw’abawushyigikiye mu mahanga( Diaspora), bikaba bikubiye mu cyemezo Nomero N° 036/PRES-M23 /202...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr Thierry B Murangira mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yabwiye Taarifa ko bahamagaje Daniel Murenzi n’abandi bavugwa mu idosiye yo gukoresha nabi amafa...
Amakuru twamenye avuga ko Daniel Murenzi wari umaze igihe avugwaho gukoresha nabi umutungo wa Diaspora Nyarwanda yitabye Ubugenzacyaha kuri uyu wa Mbere. Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa ...
Abanyarwanda baba mu Rwanda no hanze yarwo bavuga ko Umukozi muri East African Community witwa Daniel Murenzi akaba ari Perezida wa Diaspora Nyarwanda ku rwego rw’Isi yabatekeye umutwe bamuha amafaran...
Clarisse Karasira akundana n’umusore witwa Ifashabayo Sylvain Dejoie akaba asanzwe ari umuyobozi wa kampani yitwa Clarisse Karasira Ltd. Urukundo rwa Clarisse Karasira na Ifashabayo rwatangiye uyu mu...
Mu kiganiro yaraye agejeje ku ihuriro ry’Abanyafurika baba hanze yayo(Africa Diaspora Network) Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko n’ubwo Isi yose ihanganye n’ingaruka za COVID-19 , Abanyaf...







