Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu talki 29, Nyakanga, 2023 uhagaritse ubufatanye bwose mu bya gisirikare wari ufitanye na Niger. Ni icyemezo cyatangajwe n’Ushinzw...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Chad witwa Aziz Mahamat Saleh yavuze ko igihugu cye cyategetse ko Ambasaderi w’u Budage agomba gutaha iwabo bitarenze amasaha 48. Muri Ambasade y’u Budage nabo bemereye AFP ...
Umwe mu bantu bayoboye inyeshyamba z’umutwe witwaga MLC zamaze igihe zirwana muri Repubulika ya Centrafrique witwa Jean Pierre Bemba yagizwe Minisitiri w’ingabo za DRC. Yashyizwe muri Guverinoma nsh...
Ubwo yatangizaga itorero ry’abayobozi b’utugari two mu Ntara y’i Burasirazuba riri kubera i Nkumba mu Karere ka Burera, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora MINUBUMWE yakebuye abayobozi muri rusange ko...
Amb Isabel Tshombe uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Bufaransa yahamagajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’igihugu cye kugira ngo agire ibyo asobanura. Arashinjwa kurigisa Miliyo...
Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo ategerejwe ahitwa Matadi na Funa ahaherutse gupfira abantu babarirwa mu 169 bazize inkangu yakonkobokanye umusozi itewe n’imvura nyinshi. Ara...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yamagana ibyakozwe n’ingabo za DRC ubwo indege yazo y’intambara yavogeraga ikirere cy’u Rwanda ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa Mbere Taliki 07, Ugushyingo, 2022. ...
Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaz...
Perezida Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idashaka ko hari ingabo z’u Rwanda zizajya mu mutwe w’ingabo za EAC uzategurirwa kujya gucyemura umutekano mucye uri muri DRC, nta kiba...
Abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi, bavuguruye ibihano byafatiwe Repubulika ya Demukarasi ya Congo harimo n’uko itemerewe kugira uwo iguraho intwaro. Ni icyemezo cyafashw...









