Mu rwego rwo kureba uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze mu Mujyi wa Kigali, Minisiteri y’ubuzima ifatanyije n’izindi nzego iri gupima abantu 100 muri buri murenge mu mirenge igize Umujyi wa Kigali. Bir...
Inama y’Abaminisitiri ba Israel yaraye iteranye ifata umwanzuro w’uko abaturage bagiye kongera kujya basohoka mu ngo zabo bambanye agapfukamunwa. Israel yari imaze amezi make ihaye uburenganzira abayi...
Abayobozi mu nzego z’ubuzima mu Bushinwa batangaje ko mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei hongeye kugaragara abantu banduye COVID-19. Hamaze kubarurwa abantu 300 mu minsi 10. Ubuyobozi bw’uriya mujyi...
Ibipimo bimaze iminsi bifatwa na Minisiteri y’Ubuzima byerekanye ko hejuru ya 56% by’ubwandu bushya bwihariwe na coronavirus yihinduranyije ya delta, habonekamo na 13% y’ubwandu bwa coronavirus yihind...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashikirije Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) imashini eshanu za X-ray zifite agaciro ka miliyoni 220 Frw, zizafasha mu kongera ubushobozi bwo gupima no kuvura abar...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko mu Rwanda hamaze kugera coronavirus zihinduranyije, nk’impamvu ikomeye irimo gutuma umubare w’abaremba n’abapfa urushaho kuba munini. Kuva mu ...
Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko ibipimo bifatwa bigaragaza ko mu Rwanda hari coronavirus yihinduranyije yo mu bwoko bwa Delta, ari nayo irimo gutuma abarwara COVID-19 baba benshi kurusha uko byari bisa...






