Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ivuga ko ifite imigambi itandatu(6) migari yo kuvugurura ubuhinzi bukagera ku rwego rwiza. Iyi migambi yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’u...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye bagenzi be bayobora ibindi bihugu by’Afurika ko kuba ubwo inkingo za COVID-19 zakorwaga ibihugu bikize byarabanje gukingira ababituye, bikaza gusagurira iby’Afurika,...
Mu kiganiro yaraye agejeje ku bayobozi bakuru muri FIFA n’abandi bayoboye cyangwa bagatoza amakipe akomeye barimo na Arsène Wenger, Perezida Kagame yavuze ko siporo ari ahantu heza ho gufasha abantu k...


