Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru abaturage basanze umurambo w’umuntu mu muhanda barebye basanga ni mutekano wo mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve mu Mujyi wa Musanze! Ib...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Musabyimana Jean Claude avuga ko imico mibi ikigaragara mu ba DASSO ikwiye gucika. Ikubiyemo ubusinzi no kuba bahohotera abaturage. Musabyimana yababwiye ko amahugur...
Kubera imvura nyinshi yari imaze iminsi igwa amazi akinjira mu nkuta z’inzu, rumwe muri zo rwagwiriye abana bavukana barapfa. Ni abo mu Murenge wa Ndaro, Akarere ka Ngororero mu Ntara y’Amajyaru...
Mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Nsibo Umurenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bashinja Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw’Umurenge gukubitira umuturage mu ruhame. Uwo mu DASSO yitw...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwaraye bubwiye itangazamakuru ko igihe kigeze ngo Abamasayi bazunguza imari bagane amasoko nk’abandi Banyarwanda nibitaba ibyo bahagarike ubwo bucuruzi. Abamasayi bamaze...
Ubuyobozi w’ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS), ari naryo ritoza Urwego rwunganira umutekano mu Karere n’Umurege rwitwa DASSO, bwasabye abakora muri uru rwego kuzibukira ibyo gushaka inyungu zabo a...
Ku wa Kane tariki 7, Mutarama, 2021 umwe mu bakozi b’Urwego rushinzwe gufasha mu gucunga umutekano ku karere( DASSO) wakuze abaturanyi bamwita Batamuriza ariko witwa Florence Muhimpundu bivugwa ko yaf...
Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni avuga ko kuba muri iki gihe imibare y’abahohoterwa yiyongera bidashingiye cyane k’ukuba abagore n’abakobwa bahohoterwa cyane ahubwo bishingiye k’u...







