Croix Rouge y’u Rwanda yashimiwe umusanzu ikomeje gutanga mu guhindura ubuzima bw’abaturage, binyuze mu kugoboka abahuye n’ibiza no gufasha mu zindi gahunda zitandukanye za Leta. Ku wa Gatanu nibwo Cr...
Imiryango 130 yorojwe inka na Croix Rouge y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Ibirasirazuba ikomeje guhindura ubuzima, ku buryo igera kuri 45 yamaze kwitura, yoroza abandi batari bafite ubushobo...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye abaturage 2565 bo mu Ntara y’Iburasirazuba 180.000 Frw buri muntu, yo kwifashisha mu mishinga yatoranyijwe no gukemura ibibazo by’ibanze, mu guhangana n’ingaruka za COV...
Croix Rouge y’u Rwanda ikomeje kugira uruhare mu guhindura ubuzima bw’abaturage, aho igiye gutanga 150.000 Frw ku miryango yatoranyijwe ngo ishyire mu bikorwa imishinga yahisemo, aherekezwa na 30.000 ...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye imiryango isaga 2500 yo mu Ntara y’Iburasirazuba inkunga yo gukemura ibibazo by’ibanze, izakurikirwa n’amafaranga yo gukora imishinga itandukanye. Ni igikorwa kigamije ...
Nyuma y’uko mu 2015 Abarundi benshi bahunze imvururu zari mu gihugu cyabo bakaza mu Rwanda, ibikorwa byo kubitaho byashyizwemo imbaraga. Croix Rouge yatanze umusanzu wayo nk’umutanyabikorwa wa Leta. S...
Imyaka ibiri irashize Uturere twa Bugesera na Gisagara twunganiwe na Croix Rouge mu bijyanye n’imbangukiragutabara zifashishwa mu gutwara indembe, ndetse ibimenyetso bigaragaza ko ubu bufatanye burimo...
Abaturage b’Imirenge imwe y’Uturere twa Karongi na Rutsiro bari mu byishimo kubera ibikorwa by’amazi meza bamaze kwegerezwa, ndetse benshi bahawe amatungo magufi amaze kuzana impinduka mu mibereho yab...
Abakunda gusohoka cyangwa bakenera ahantu ho kuruhukira hafi y’amazi, mu minsi mike bagiye kubona inyubako igezweho mu Karere ka Karongi ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu, irimo kubakwa na Croix Rouge y’u ...








