Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
Nk’umufasha wa Leta mu bikorwa by’ubutabazi, Croix-Rouge y’u Rwanda ivuga ko yakoze ibikorwa bitandukanye byo kurengera ubuzima bw’abatuye mu nkambi za Nyabiheke na Kiziba bifite agaciro ...
Niba ushobora kubwira abantu ibyo ucuruza, aho ubicururiza, igiciro cyabyo n’uburyo bakugeraho kandi ukabikoresha ikoranabuhanga, kuki utatabariza umuntu usanze yagize ibyago? Telefoni igendanwa ni in...
Amakuru avuga ku iyicwa rya Dr. Muhirwe Karoro Charles wari Umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyagatare yemeza ko umwe mu bakekwaho buriya bwicanyi yatangaje ko yari yahawe amafaranga n̵...
Ishyirahamwe ry’umuryango mpuzamahanga utabara imbabare ku isi, International Federation of the Red Cross, ryemeza ko isi ititeguye ‘bihagije’ kuzahangana n’ikindi cyorezo kubera ko ku rwego rw’isi nt...
Bamwe mu baturage bafashijwe n’Umuryango utabara imbabare witwa Croix Rouge bavuga ko nyuma yo kugirwaho ingaruka n’icyorezo COVID-19, bakagobokwa n’uyu Muryango, bashima ko amafaranga bahawe yabafash...
Abakorerabushake ba Croix Rouge bongerewe ubumenyi mu buryo bw’isuku n’isukura mu gihe cy’ibiza, harimo ibijyanye no gutunganya amazi ashobora gukoreshwa n’abantu benshi nk’igihe bavuye mu byabo...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugira ngo igere ku ntego zayo hagamijwe gutuma Abanyarwanda babaho neza kandi bakagira ubuzima bwiza, Umuryango nyarwanda utabara imbabare( La Croix Rouge Rwandaise) yahaye...
Abatuye Umurenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare bashimira Umuryango Utabara Imbabare w’u Rwanda(Croix Rouge Rwandaise) uruhare wagize mu kubafasha kuzanzamura ubukungu bwabo bwazahajwe n’in...
Abatuye Umurenge wa Mahama mu Karere Kirehe bashima uruhare Croix Rouge imaze kugira mu guhindura imibereho yabo, ku buryo barushaho kwiteza imbere. Umwe mu bafashijwe n’uyu muryango ni Hategekimana C...









