Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yemeje ko yatahuye ubwandu bwa coronavirus yihinduranyie ya Omicron, mu bipimo birindwi byafashwe mu bantu bari bavuye mu mahanga. Abantu basanzwemo ubwo burwayi ngo bap...
Ambasade y’u Bwongereza yemeje ko icyo gihugu cyashyikirije u Rwanda inkingo miliyoni 1.1 za COVID-19 zo mu bwoko bwa AstraZeneca, zizunganira gahunda yo gukingira iki cyorezo abantu benshi bashoboka....
Guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Ukuboza, 2021, ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda na Polisi bufatanyije n’ubuyobozi mu by’ubuzima bwatangiye gukingira abasirikare n’abapolisi bari muri Mozambique buju...
Ambasade y’u Budage mu Rwanda yatangaje ko mu gihe ‘kitarambiranye’ u Budage buzoherereza u Rwanda imbwa kabuhariwe mu gusuzuma ko runaka yanduye COVID-19. Kugeza ubu gusuzuma iki cyorezo byakorwaga ...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko miliyari 100 Frw zashyizwe mu kigega nzahurabukungu zimaze gukoreshwa ku kigero cya 90%, kandi zikomeje kugira uruhare mu gufasha u...
Hari umuhanga wasobanuye ko inkomoko ya virusi Omicron iri guca ibintu ku isi ari mu mbeba. Yitwa Prof Kristian Andersen akavuga ko virus ya COVID-19 yavuye mu muntu ijya mu mbeba, igezeyo ihindura...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe ubufatanye bw’igihugu kugira ngo umugabane wa Afurika ubashe kubona inkingo n’imiti ukenera, nk’uburyo bwafasha mu gukemura ibibazo by’ubuzima haherewe ku cyore...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yaraye avugiye kuri Televiziyo y’igihugu ko niba Abanyarwanda bashaka gukomeza kwidagadura no kwishimira ko hari ingamba za...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and Prevention ( Africa CDC). D...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi rivuga ko ubwoko bushya bw’icyorezo COVID-19 biswe Omicron bwamaze kugaragara mu bihugu 38 hirya no hino ku isi, ariko ngo amahirwe ni uko nta ...









