Mu gihe gito kiri imbere, kuba warahawe inkingo ebyiri za COVID-19 aho zateganyijwe cyangwa rumwe rwa Johnson & Johnson ntibizaba bigihagije ngo witwe ko wakingiwe byuzuye nk’uko bimeze ubu. Guver...
Guverinoma y’u Rwanda “yashishikarije” abagenzi binjira mu gihugu kuba barikingije Covid-19 mbere y’urugendo, mu gihe ku bagenzi bava mu gihugu byo ari ihame ko baba barakingiwe byuz...
Abana bafite ubumuga ku isi babarirwa muri Miliyoni 100. Ni imibare yatangajwe tariki 03, Ukuboza, 2021 ubwo Isi yazirikanaga abantu bafite ubumuga n’uruhare bafite mu iterambere ry’isi. Ku ruhande rw...
Imibare y’abandura COVID-19 ikomeje gutumbagira hirya no hino ku Isi bijyanye n’ikwirakwira rya virus yihinduranyije ya Omicron, aho Leta zunze ubumwe za Amerika yagize umubare wari utarabaho w’abatur...
Abashakashatsi bo mu Bufaransa babonye ubundi bwoko bwa COVID-19 bavuga ko bwihinduranya inshuro 46 bukomoka muri Cameron. Babaye babwise IHU. Nabwo ngo bwandura vuba kandi urukingo ntirupfa kubuhanga...
Mu rwego rwo kureba uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze mu Mujyi wa Kigali, Minisiteri y’ubuzima ifatanyije n’izindi nzego iri gupima abantu 100 muri buri murenge mu mirenge igize Umujyi wa Kigali. Bir...
Ni ibyemezwa n’Umuyobozi mu Ihuriro ry’Imiryango ya Sosiyete Sivile iharanira uburenganzira bwa muntu( CLADHO) witwa Evariste Murwanashyaka. Yemeza ko uretse no kuba urubyiruko rwarahagaritse amasomo...
Umuyobozi wa Gahunda y’Ikingira mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Hassan Sibomana, yatangaje ko u Rwanda rufite inkingo zakingira Covid-19 abaturage 70%, ku buryo igikenewe ari uko bitabira kwik...
Nyuma yo gushyikiriza Leta y’u Rwanda inkingo miliyoni 3.2, Madamu Deborah MacLean ukora muri Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda, yavuze ko igihugu cye kiteguye gukomeza gukorana n’u Rw...
Hari amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Aziya avuga ko muri Israel hadutse indwara yitwa Florona iyi ikaba ifite ibimenyetso nk’ibya COVID-19 ariko ikiyongeraho ibicurane bikomeye bita Influenz...









