Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ifatanyije n’izindi nzego harimo iz’ubuzima n’umutekano yatangije ubukangurambaga bwo guhwitura abaturage batarikingiza kubikora. Ni ubukangurambaga buzamara iminsi ...
Umujyi wa Kigali watanze amabwiriza yo kugenzura ko abawutuye bose bikingije icyorezo cya COVID-19, hagamijwe gutahura abatarikingiza ngo bibandweho mu “bukangurambaga”. Ni icyemezo Umuyob...
Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko ibitaramo byateguwe bizasubukurwa mu byiciro, buri gitaramo kikazajya kibanza guhabwa uruhushya n’Ikigo gishinzwe gutegura inama n’amakoraniro...
Kubera akazi abantu muri iki gihe bakora n’amafaranga batunze, bamwe bahitamo kurya ibiryo bita fast food, ibi bikaba ari ibiryo bitunganyirizwa mu bikoni by’abatanga serivisi z’imirire n’iminywere ar...
Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sánchez, yatangaje ko mu gihe ubukana bw’ubwandu bwa COVID-19 bugenda bugabanyuka, igihe kigeze ngo uburyo bukoreshwa mu gukurikirana iki cyorezo buvugururwe, hat...
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko mu mpera z’umwaka ushize ubwandu bushya bwa COVID-19 bwazamutse ku rwego rukomeye, ku buryo bwiyongereyeho inshuro 769% ukurikije uko ibintu byari bisanzwe bihagaze. Umu...
Abantu barenga 100,000 bakoze imyigaragambyo mu Bufaransa bamagana gahunda ya leta yo kubangamira abantu batakingiwe COVID-19, nyuma y’iminsi mike ikomojweho na Perezida Emmanuel Macron ko izashyirwa ...
Guverinoma y’u Rwanda yasabye abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange guhera ku modoka nini kugeza ku magare guhagarika gutwara abantu batarikingiza COVID-19, uzabirengaho akazafatirwa ibihano. Amabwi...
Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye ingamba zo kurwanya COVID-19 mu gihugu, isubizaho ko akato ku bantu bavuye mu mahanga ari amasaha 24 muri hoteli zabigenewe aho kuba iminsi itatu. Muri izo ngamba hana...
Hashize igihe gito abahanga bavuze ko hadutse ubundi bwoko bwa Omicron yihinduranyije. Abahanga babuhaye izina rya Flurona ni ukuvuga impine ihuje Coronavirus n’ibicurane( Flu). Abarwayi b’iyi ndwara ...









