Ku rubuga rwa Twitter rw’Akarere ka Nyabihu hari ifoto yerekana umwe mu basirikare ba RDF afite imbunda ku rutugu ari no gukingira umuturage. Ni ifoto yafashwe nyuma y’umuganda wari umaze gukorerwa m...
Polisi yatangaje ko ku wa 20 Gashyantare, ku bufatanye n’izindi nzego yafatiye mu Karere ka Nyagare umukozi wo kwa muganga w’imyaka 35, akekwaho guha abantu ibyemezo by’uko batanduye COVID...
Ni ngombwa gusobanura ingingo ebyiri zigirana isano iri hagati y’ikoranabuhana n’imari. Imari ni ukuvuga umutungo uvunjwe mu mafaranga umuntu atunze n’aho ikoranabuhanga rivuze uburyo bush...
Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, Buckingham Palace, yemeje ko Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19, ariko afite ibimenyetso byoroheje bisa n’iby’ibicurane. Ubuyobozi bw’Ibwami bwatangaje ko uyu mw...
Umuturage wo mu Murenge wa Rugengabali mu Karere ka Burera yatawe muri yombi nyuma y’uko Polisi ibwiwe n’Umujyanama w’ubuzima ko uwo muturage yapimwe bakamusangamo COVID-19, aho kugira ngo atahe akuri...
Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1 Igiteye ubwoba kurushaho ...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafatiye abantu 175 mu rugo rw’umuturage mu Karere ka Nyamagabe, barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Mu igenzura n’ibipimo byakorewe b...
Umuyobozi w’Ingoro ndangamurage z’u Rwanda, Ambasaderi Robert Masozera avuga ko mbere y’uko icyorezo COVID-19 cyaduka mu Rwanda inzu ndangamurage zinjirizaga igihugu Frw 200, 000, 000. Ubu zaragabanu...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yavanyeho amabwiriza asaba abantu gukorera mu rugo hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, ndetse guhera ku wa 27 Mutarama n’ite...
Inyingo yakozwe n’abaganga bo mu Bitaro byitwa Sheba Medical Center byo muri Israel ivuga ko kuba umuntu yarahawe urukingo rwa kane( muri Israel bamaze igihe barutanga) bidahagije ngo Omicron icike in...









