Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisit...
Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha. Hari impun...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima RBC bwatangaje ko buri burangire gupima abatuye Umujyi wa Kigali kibasanze ku biro by’Utugari. Abafite ibimenyetso bya COVID-19 n’ibisa nabyo nibo bari b...
Ni icyemezo cyafashwe na Leta y’u Bwongereza mu rwego rwo guca intege abica amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kuri iki gihano haziyongeraho n’amande ya £10,000. Ibi byemezo byatangajwe n’umunyamabanga ...
Nyuma y’iperereza impuguke z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ryari rimaze iminsi rikorera muri Wuhan, ryatangaje ko nta bimenyetso ryabonye ryakwemeza ko COVID-19 yakomotse mu...
Umuhanzikazi Alyn Sano yabwiye Taarifa ko yanduye kandi agakira COVID-19. Yasabye abafana be n’Abanyarwanda muri rusange kubaha ingamba zo kuyirwanya. Aherutse gusohora indirimbo nshya yitwa “Urwo Ng...
Minisitiri w’ubuzima mu Burundi Bwana Thaddee Ndikumana avuga ko igihugu cye kidakeneye inkingo z’icyorezo COVID-19 kuko abenshi mu bacyandura bahita bakira kandi ngo ‘kwirinda biruta kwivuza.’ U Buru...
Abantu bose bashaka gusura u Rwanda bahawe amabwiriza mashya bagomba gukurikiza mbere y’uko barugeramo. Harimo ko bagomba kwisuzumisha COVID-19 kandi ibyemezo byerekana ko bayisuzumishije mu buryo bw...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko Abanyarwanda batazubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bazahanwa kuko baba ari byo bahisemo. Asanga buri Muny...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burundi yatangaje ko niba u Bwongereza burisubiyeho ngo bureka kubukomanyiriza mu ngendo z’indege nabwo buzabwihimuraho. Biri mu itangazo yashyize kuri Twitter. Ir...









