Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko kuba hari abantu batarikingiza mu buryo bwuzuye, biri gushyira ubuzima bw’abikingije mu bibazo. Kuri we ngo, igihe kirageze...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko n’ubwo abatuye iki gihugu bakennye kandi bimaze igihe, ariko ni abaturage bazi kubaha abandi kandi bagendera ku ma...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza be...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS rivuga ko hari imibare yerekana ko ubwandu bwa COVID-19 bwongeye kuzamuka hamwe na hamwe ku isi, bityo ko abantu bagombye...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yakiriye intumwa za Banki y’Isi zaje kureba uko u Rwanda rukoresha inkunga n’inguzanyo iruha. Yazakiriye bagirana ibiganiro birambuye byagarutse cyane ku...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko bitakiri ngombwa ko abantu bagiye guhurira ahantu hamwe bapimwa umuriro. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe. Mu itangazo ...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko nubwo u Rwanda rwafunguye imipaka yo ku butaka, u Burundi butarafungura ku ruhande rwabwo. Kuri uyu wa 7 Werurwe 2022 nibwo ...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko 60% by’abaturarwanda bamaze gukingirwa COVID-19 mu buryo bwuzuye, intego yari yihawe ko izagerwaho mbere y’uko uyu mwaka wa 2022 urangira. Ni urugendo rwa...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu rikorera muri Rulindo riherutse guta muri yombi umugabo wari ufite ibikoresho bipima COVID-19, bivugwa ko yari avanye za Butaro abizanye i Kiga...
Urubanza rwa Nsabimana Callixte ‘Sankara’, Paul Rusesabagina na bagenzi babo rurasatira iherezo kuko Urukiko rw’Ubujurire ruzatangaza umwanzuro ntakuka ku wa 21 Werurwe 2022, saa tatu. Ni ...








