Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19, haherewe ku matsinda afite ibyago byinshi byo kwandura icyo cyorezo cyangwa kuzahazwa nacyo. Iyi minisiteri yatangaje ko &#...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye ku kibuga cy’indege inkingo 50.000 za COVID-19 u Rwanda rwahawe n’u Buhinde, ziyongera ku zikabakaba 347.000 za AstraZeneca/Oxford na ...
Kuva iki cyumweru cyatangira inkuru ishyushye mu gihugu zirimo n’ijyanye n’inkingo za COVID-19, nyuma y’uko kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rwakiriye inkingo 347.000 zizatangira guhabwa abantu kuri uyu wa...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo kugeza inkingo za COVID-19 mu bice bigoye kugezwamo imodoka, uyu munsi hifashishwa kajugujugu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04, Werurwe, 2021 nibwo ...
Mu rwego rwo kugira ngo gahunda yo gutangira gukingira Abanyarwanda izatangire kuri uyu wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021, imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu Rwanda zatan...
Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge. INTELPOL ...
Byemejwe na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda. Ivuga ko ibizahinduka ku mabwiriza ko kwirinda COVID-19. Bizaganirwaho hamaze gukingirwa nibura 60% by’Abanyarwanda. Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel...
Minisiteri y’Ubuzima yakiriye icyiciro cya mbere cy’inkingo z’icyorezo cya COVID-19, zabonetse binyuze muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu kubona inkingo z’iki cyorezo gikomeje kwibasira Isi,...
U Rwanda rugiye kwakira inkingo hafi ibihumbi 300 z’icyorezo cya Covid-19 za AstraZeneca, byitezwe ko zizahita zihabwa abazigenewe mu maguru mashya. Izo nkingo ziragera ku kibuga mpuzamahanga cy...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 37 bafatiwe makoraniro atemewe mu bihe byo kwirinda icyorezo cya COVID-19, barimo 27 bafatiwe mu nzu barimo gutegura filime n’abandi 10 bafatiwe mu rugo rw’umuturage...









