Hashize igihe kijya kungana n’ibyumweru bibiri nta mirimo yo kwakira abandi bagororwa bashya cyangwa ngo hagire abataha bavuye muri Gereza nkuru y’u Burundi y’i Mpimba. Bamwe mu bagororwa bari muri ir...
Icyegeranyo cyasohowe kuri uyu wa Kane cyakozwe na InterParliementary Union na UN-Women cyerekana uko abagore bahagaze mu nzego z’ubuyobozi muri Afurika cyerekanye ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere ...
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko ibikorwa byo gukingira icyorezo cya COVID-19 byakomereje mu nkambi z’impunzi, haherewe ku zakiriwe ziturutse muri Libya. Ni gahunda ikomeje yo gu...
Ku mbuga nkoranyambaga z’abatuye Tanzania handitswe ko Perezida John Pombe Magufuli ari mu bitaro byo muri Kenya, kandi ko arembye. Abenshi baremeza ko arwaye COVID-19. Hari hashize ibyumweru runaka a...
Minisiteri y’Ubuzima ikomeje gukingira COVID-19 mu byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo, ubu hagezweho imfungwa, abagororwa n’abamotari. Ni igikorwa cyatan...
Urubanza Ubushinjacyaha buregamo umunyemari Alfred Nkubiri, kuri uyu wa Kabiri rwatinze gutangira ku mpamvu zaje kumenyekana ko ari uko abacamanza bagiye kwikingiza COVID-19. Umunyamakuru wa Taarifa y...
Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko abantu barembye kubera icyorezo cya COVID-19 bongeye kuzamuka, aho kuri uyu wa Mbere bageze ku bantu 20 mu gihe icyumweru gishize cyatangiye harembye abantu batandat...
Ibihugu bikomeje kongera imbaraga mu gukingira abaturage icyorezo cya COVID-19, kuko cyandura kandi kikica benshi. Gusa hakomeza no kwibazwa impamvu nyuma yo gukingirwa ari ngombwa kugumana agapfukamu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umunsi wa kabiri wo gukingira COVID-19 mu Rwanda wasojwe abakingiwe mu gihugu cyose bamaze kuba 158.898, barimo 83.842 bakingiwe kuri uyu wa Gatandatu. Gukingira COVI...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yabaye umwe mu bakingiwe COVID-19, ubwo yatangizaga igikorwa cyo gukingira iki cyorezo mu byiciro by’abafite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa ...









