Kuva icyorezo COVID-19 cyaduka mu Rwanda[hari tariki 14, Werurwe, 2020], abanyamakuru bakoze akazi gakomeye ku kumenyesha abaturage ububi bwacyo, uko cyandura n’uko bakirinda. Imiterere y’akazi kabo y...
Ibigo by’indege muri Africa byari bisanzwe bihagaze neza ndetse mu myaka 20 ishize byakoze neza kurushaho. Ikigo cy’Africa y’Epfo kitwa South African Airlines nicyo cyari imbere y’ibindi ariko ubu cya...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Commonwealth Patricia Scotland yavuze ko u Rwanda rwagaragaje ko rwiteguye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma b’ibihugu bigize uwo muryango, CHOGM 2...
Inzego z’ubuzima zikomeje gukingira icyorezo cya Covid-19, haherewe ku byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo. Bamwe mu bakingiwe uyu munsi ni abanyero...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwatangaje ko abantu 25 barimo abagore icyenda n’abagabo 16 bafatiwe muri Yess Day Inn Hotel mu murenge wa Kiziguro, bakoranye mu buryo bubujijwe mu mabwiriza yo ...
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2020 benshi mu Rwanda bumvaga ko icyorezo cya COVID-19 kirimo guhitana benshi mu Bushinwa, nta watekerezaga ko mu minsi mike gishobora gutuma bategekwa kuguma mu rugo guhera ...
Kuri Kigali Arena hari ukubera igikorwa cyo gukingira abanyamadini , abakora mu miryango itari iya Leta icyorezo cya COVID-19. Abanyamadini nabo bari mu bantu bafite ibyago byo kwandura ki...
Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Bwana Kassim Majaliwa yatangaje ko Dr John Pombe Magufuli ari muzima kandi ari mu kazi ndetse ko agakorana umurava. Majaliwa avuga ko impuha z’uko Perezida Magufuli are...
Abanyarwanda bafite ibyago byo kwandura COVID-19 kurusha abandi bitewe n’ubwoko bw’akazi bakora birakomeje. Ubu hatahiwe abacururiza mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali. Amafoto Taarifa yabony...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyagaragaje ko muri ibi bihe ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID-19. Bigaragazwa n’uko ibicuruzwa u Rwanda rwatumije mu mahanga muri...









