Ubwongereza bwatangaje ko bugiye gushyira Kenya ku rutonde rw’ibihugu budashaka gukorana nabyo niba ikomeje gufungura umupaka uyihuza na Tanzania. Buvuga ko kuba Kenya yaranze guca ubuhahirane n...
Ikigo cy’Indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyabaye icya mbere muri Afurika gikingije abakozi bose icyorezo cya COVID-19, mu ntego zo kuba ikigo gikora ingendo zitekanye kurusha izindi kuri uyu mugabane. G...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ikoranabuhanga ryigaragaje nk’uburyo bushobora gutuma amasomo akomeza no mu bihe bigoye bya COVID-19, asaba ko hongerwa imbaraga mu kubungabuna umutekano w’abana igihe b...
Leta y’u Burundi yatangaje ko abantu 2618 bamaze gusangwamo COVID-19, muri bo 2420 barakize naho 192 baracyarwaye. Kuri uyu wa Mbere nibwo mu Burundi hakoranye inama y’igihugu ishinzwe guhangana na CO...
Igerageza ryagutse ku rukingo rwa AstraZeneca ryerekanye ko rushobora kurinda umuntu kugaragaza ibimenyetso bya COVID-19 kuri 79%, rukamurinda kuzahazwa na yo cyangwa kujyanwa mu bitaro 100%. Kuri uyu...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa u...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu 12 bamaze gusangwamo ubwoko bushya bwa Coronavirus yihinduranyije, gusa bose babonekaga bavuye mu mahanga kandi ubu barakize. Minisitiri Ngam...
Ubushakashatsi bwerekanye ko virus ya SARS-CoV-2 itera indwara ya COVID-19 yashoboraga kutaba icyorezo abantu benshi bamaze kubona, uhereye ubwo abantu ba mbere banduraga mu Ukwakira 2019 kugeza mu Uk...
Abaturage ba Burkina Faso basanze uburyo bwiza bwo kubana na COVID-19 ari ukuyishyiramo urwenya, ukayirinda ariko ntigukure umutima. Muri Ouagadougou basigaye bavuga ngo Les Poches Sont Confinée...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko RwandAir iri mu biganiro bya nyuma na Qatar Airways, mbere y’uko icyo kigo gikomeye mu by’indege ku isi kigura imigabane mu kigo cy’in...









