Uruganda Janssen Pharmaceutica NV rwemeje ko rugiye guha Umryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) inkingo miliyoni 400 za Johnson & Johnson, zizifashishwa mu gukingira icyorezo cya COVID-19. Ni inkin...
Abashakashatsi bo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bafatanyije n’abo muri za Kaminuza z’u Bushinwa batangaje ko basanze virus yateye icyorezo COVID-19 yaraturutse mu gacurama, ariko i...
Henshi muri Afurika, ikoranabuhanga riri gukora ibitangaza! Ni uburyo bwaje gukangura Afurika kugira ngo nayo igendere ku ntambwe ibindi bihugu biriho muri iki gihe. Umuvuduko waryo uraganisha h...
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi kongera gutekereza ku nshingano zabo, bagahora iteka bazirikana ko ibyo bakora babikorera abaturage, kubera ko muri ibi bihe bagezweho n’ingaruka nyinshi. Ni ubu...
Ubushakashatsi buto bwakozwe n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko kubera ibibazo by’icyorezo cya COVID-19, hari abagiye batanga ruswa kugira ngo ba...
Perezida Uhuru Kenyatta yahagaritse ingendo zinjira cyangwa zisohoka mu bice bya Nairobi, Kajiado, Machakos, Kiambu na Nakuru, hagamijwe gukumira ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kwiyongera. Ni ic...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko kigiye gupima icyorezo za COVID-19 mu bantu bagera ku 2000, hasuzumwa urwego kiriho mu Mujyi wa Kigali. Ni uburyo bumaze kumenyerwa, bukorwa inshuro nyi...
Minisitiri w’Umuco mu Bufaransa yabaye uwa kabiri mu bagize guverinoma y’icyo gihugu ujyanywe mu bitaro nyuma yo kwandura COVID-19, mu gihe abandura bakomeje kwiyongera muri icyo gihugu. Minisitiri Ro...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverinoma yatangije gahunda nshya yo kunganira inganda zo mu gihugu kugirango zirusheho gutanga umusaruro mu kuzahura ubukungu. Ni gahunda byitezwe k...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverinoma ifite intego yo kongera miliyari 250 Frw mu kigega cya leta kigamije kuzahura ubukungu, ziyongera kuri miliyari zisaga 100 Frw cyatangir...









