Guverinoma ya Kenya yanenze bikomeye icyemezo cy’u Bwongereza buheruka gutangaza ko guhera ku wa 9 Mata, abagenzi baturutse cyangwa banyuze muri iki gihugu batemerewe kwinjira ku butaka bwabwo. Ni uru...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19 mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali, mu byumweru bitatu bishize hafunzwe utubari 73. Ni imibare P...
Umukwe n’umugeni bafatiwe mu Murenge wa Kimirongo mu Mujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, barazwa muri stade mu gihe hari bagenzi babo baguwe gitumo na Polisi bakiruka bakayicika...
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ubwandu buri hejuru bwa COVID-19, abanduye benshi baboneka mu Ntara y’Amajyepfo by’umwihariko mu turere twa Huye, Gisagara, Ruhango na Nyaruguru. Iyi minisit...
Ubwo Polisi y’u Rwanda yagenzuraga uko amabwiriza akurikizwa, yaje kubwirwa ko hari abantu bagiye mu birori by’ubukwe mu Murenge wa Rusororo barizihirwa bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19, iragenda ...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga mu Ntara y’Amajyepfo ari ho hakiboneka abanduye COVID-19 benshi, bigaterwa n’uko bari gupima abantu benshi bakabasangana ubwand...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari ,IMF, kivuga ko kugira ngo ubukungu bw’ibihugu by’aAfurika buzikure mu ngaruka za COVID-19 bizaterwa n’uburyo bizakora imibare yabyo. Ibizabara neza nibyo bizunguka n’aho...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera avuga ko mu minsi ishize Polisi yabonye abageni barenza umubare wemewe w’abatumirwa mu bukwe. Yababuriye ko abazafatwa bazer...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC yerekana ko hari abantu bane baraye bishwe na COVI-19, batatu ni abagore umwe akaba umugabo. RBC yerekana ko ahandi mu Rwanda imibare iri kug...
Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. N...









