Mu Mujyi wa Shenzhen mu Bushinwa ahasanzwe hagurirwa ibikoresho by’ikoranabuhanga byinshi kurusha ahandi ku isi, ubu hafunzwe mu rwego rwo gukumira ko abantu bakomeza kwanduzanya COVID-19. Ni icyemezo...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga yavuze ko inkingo za COVID-19 Abanyarwanda bahawe mu myaka ishize zisa n’izarangije igihe cyazo cyo gukora bityo ko bagiye kuzahabwa...
Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatangarije Taarifa ko mu mezi atandatu cyungutse bwikube gatanu ugereranyije n’uko byari bimeze mu mezi atandatu y’umwaka ushize. Urwunguko rwa CIMERWA uyu mwaka run...
Itsinda rya Guverinoma y’u Rwanda riri i Lusaka muri Zambia ryaraye rishimishijwe no kumva ko u Rwanda rwatorewe kuba icyicaro cy’Ikigo nyafurika gishinzwe imiti. Iri tsinda riyobowe na Minisitiri w’u...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko Abanyarwanda bagombye kwitwararira mu kwirinda COVID-19 kuko bicyekwa ko hari ubwandu bwayo bushya bwageze mu Rwanda. Minisitiri w’ubuzima Dr Ngamije Daniel yabwiye RBA k...
Icyorezo COVID-19 cyaraye kishe Umunyarwanda wo mu Karere ka Nyamasheke. Hari hashize igihe kirekire imibare y’abandura iki cyorezo iri hasi ndetse nta muntu yaherukaga kwica. Minisiteri y’Ubuzima ya...
Ushinzwe ibikorwa muri Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda(Chargé d’Affaires) witwa Deb MacLean yatangaje ko igihugu cye cyahaye u Rwanda inkingo 254,400 za COVID-19 zigenewe gukingira a...
Ikigo kiswe Health Tech Hub kigiye kubakwa mu Rwanda mu rwego rwo gufasha abahanga udushya mu by’ubuvuzi bukoresha ikoranabuhanga kubona aho bakorera hujuje ibisabya. Uyu mushinga ufite agaciro ka Mil...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye bagenzi be bayobora ibindi bihugu by’Afurika ko kuba ubwo inkingo za COVID-19 zakorwaga ibihugu bikize byarabanje gukingira ababituye, bikaza gusagurira iby’Afurika,...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare itangwa na Minisiteri y’imari n’ingenamigambi ndetse n’izindi nzego z’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko ubukungu bwarwo mu mwaka wa 2022 buzazam...









